Imideri! Ntiwavuga ku mideli utavuze kujyanisha amabara. Iyi niyo ngingo ya mbere umuntu agenderaho ashaka kwambara neza. Reka tuyisobanure neza. Gusobanukirwa uko amabara agendana Hari amabara atandukanye agera muri 12 wakwambara nk’umugabo. Hari avangwa hari n’andi atavangika urugero icyatsi n’umuhondo n’andi mabara yose agaragara cyane ku buryo uyavanze byaba bibaye byinshi. Hari amabara agenda akomoka […]
Imibereho
Imbuto n’imboga ni byiza ku buzima bwacu-ntawabihakana kandi iyo ukunze kubifata bigagabanya ibyago byo kurwara indwara y’umutima, kanseri, kandi binafasha kugena ibiro by’umuntu. Ese warubizi ko kunywa jus y’imbuto bigira akamaro kurusha kuzirya? Akamaro ka jus Imboga n’imbuto bigira utumaro twinshi mu mubiri. Nta binini bibaho byaba bikubiyemo intungamubirir zose wasanga muri jus y’imbuto. Bityo […]
Amaraso yacu abamo isukari yitwa Glucose. Iyi sukari ituruka muri starch ikaba ariyo itanga imbaraga mu mubiri wacu. Nanone mu mubiri wacu habamo hormone yitwa insulin. Insulin ikaba ituruka mu rwagashya kandi icyo ishinzwe ni ukuyobora ikanagenzura glucose iba mu maraso yacu kugira ngo itajya ku gipimo cyo hejuru cyangwa ngo igabanyuke. Iyo rero habayemo […]
Iyi ndwara yo guhindagurika kw’ibyiyumvo no kwiheba cyangwa agahinda gakabije yugarije abantu bagera kuri miliyoni 4. Abantu bafite iyi ndwara usanga ubwonko bwabo bukora buhoro. Akenshi bitwara nk’abasazi. Schizophrenia yo ni indwara yo mu mutwe kandi abayifite baba bafite ikibazo gikomeye cyo mu mutwe. Abantu bafite ubu burwayi bwombi bashobora kwiyahura, bagakoresha ibiyobyabwenge cyane, inzoga […]
Ese ujya ubura ibitotsi kubera ibitekerezo byinshi? Wenda waba uri gutekereza ibintu waciyemo kera, ukibaza uti ‘’Kuki?’’ Cyangwa se uti “Iyo mbimenya!” cyangwa ukibaza ku bihe bizaza. Iyo utekereza cyane igihe kirekire kandi bihoraho uba uri umuntu utekereza cyane. Kubera iki umuntu atekereza cyane? Umuntu ashobora gutekereza ku bintu bitandukanye. Ashobora gutekereza ibintu yaba barakoze […]
Buri muntu afite umwihariko we. Hari abantu mushobora guhuza uburyo mwambara, uburyo muvuga se, ariko nti mushobora guhuza ibyo mwanyuzemo, imitekerereze n’uburyo ukora ibintu. Muri make buri muntu arihariye! Twese abantu turemye mu buryo bumwe. Akenshi usanga hari imico duhuje ndetse hari n’ibintu dukora kimwe. Nonese wakora iki ngo ube umuntu wihariye? Komeza usome kugira […]