Umutungo

Amakaro yanduye atera umujinya, ndetse atuma wumva nta kindi kintu wabasha gukora utarayasukura nubwo bamwe muri twe tubona gukora isuku nk’ibivunanye. Niba ushaka ko amakaro yawe asa neza ugomba kuyagirira isuku kandi ukayasukura buri uko bikenewe cyane cyane iyo ukimenaho ikintu kiyanduza. Hari naho usanga hari imyanda igorana kuvaho biturutse ku bintu byinshi nka wino.  […]

Kugura umutungo utimukanwa ari bwo bwa mbere bishobora kugorana. Ibintu byiza birahari ahantu hose ni wowe ugomba guhitamo igikwiye gihuye n’ibyo ukeneye. Mu Rwanda hari ubwoko butandukanye bw’imitungo: Inzu yo kubamo Amasambu Ubutaka Inzu zibamo abantu benshi Inzu z’ubucuruzi Hariho inzira ebyiri ushobora kubonamo inzu yo kugura cyangwa gukodeshwa. Iya mbere ni ukwiyambaza ikigo cy’abaranga […]