Imyitozo ngororamubiri

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) risobanura umubyibuho ukabije nko kwibumbira hamwe kw’ibinure, bikaba byangiza ubuzima bw’abantu. Bivugwa ko umuntu afiite umubyibuho ukabije iyo igenamiterere ry’umubiri we (BMI) ringana na 30 cyangwa rirenga. Umubyibuho ukabije ni kimwe mu bintu nyamukuru bitera indwara zidakira nka diyabete, indwara z’umutima na kanseri. Ibigo byinshi byagiye byamamaza ibicuruzwa […]