Imyambarire rwose n’ igice kinini cy’ubuzima bw’umuntu uwo ari we wese, muby’ukuri imyenda ifatwa nk’ikintu cy’ibanze mu mibereho ya buri munsi bivuze ko ari ikintu cy’ibanze gikenewe ku bantu bose. Abanyarwanda ntaho batandukaniye n’abandi mu myambarire kandi muby’ukuri, uko imyaka yagiye ihita indi igataha niko kandi bashishikajwe no kuba bakwambara neza. Ndetse nubwo imyenda ya […]