Umwuga

Ese ubukene bwaba bukugeze ahabi? Hari uburyo wakorera amafaranga wicaye mu rugo. Waba ufite iduka runaka ushaka abakiriya benshi? Ntuhangayike! Komeza usome umenye icyo wakora kugira ngo utangire iduka kuri interineti.  Ariko mbere yuko tujya kure reka tubanze tumenye impamvu iduka ryo kuri interineti ari ryiza kandi rifasha umucuruzi kwinjiza. Icya mbere birahendutse kandi nta […]

Gukorera mu itsinda Instinzi y’itsinda n’ingenzi kurusha iy’umuntu umwe ku giti cye.  Nk’umuyobozi ugomba kumenya itandukaniro riri mu bagize itsinda ryawe yaba mubyo bakunda cyangwa mu buzima bwabo bwa buri munsi. Umuyobozi mwiza kandi agomba kuba afitanye umubano mwiza n’abo akoresha cyangwa se itsinda akuriye kugira ngo hazabeho ubwumvikane bwiza hagati yabo bombi(umuyobozi n’umukoresha).  Kubasha […]

Hari abagore benshi bafite icyo bigejejeho mu bintu bitandukanye, nubwo biba bitoroshye. Nonese ni ibihe bintu byibanze bisabwa kugira umugore abe yagira aho yigeza mu buzima? Nibyo tugiye kugarikaho muri iyi nyandiko. Guhora ushaka uko wakunguka ubumenyi  Ikintu cya mbere cy’ibanze kugira ngo umugore abe yagira icyo yigezaho ni ubumenyi. Ibi ntabwo bivuze gukomeza amashuri […]

Niba ujya wibaza uko wabona akazi mu Rwanda, ariko ukaba utazi uko wabigenza, tugufitiye inkuru nziza. Ubu kubona akazi mu Rwanda byaroroshye! Ubu wabona akazi mu Rwanda mu buryo bworoshye ukanabona imyanya itandukanye yashyizwe ku isoko na kompanyi zitandukanye. Ubukungu bw’u Rwanda bwagiye bwiyongera guhera mu myaka ya za 2000, binazamura imibereho y’abaturarwanda. Kuko u […]

Itandukaniro hagati y’umwirondoro N’incamake Mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi umwirondoro (CV) n’incamake ni bimwe usibye muri Amerika. Muri reta zunze ubumwe za Amerika zishobora kuba ndende nkuko ubishaka, nta kibazo, bishobora kuba urupapuro rumwe cyangwa ebyiri .Ntugomba guhangayikishwa nibyo  kuko mu Rwanda naho birasa kandi ntacyo bitwaye. Ikiza cya’umwirondoro wakozwe neza, umuyobozi ushinzwe […]

Ni izihe nganda z’ingenzi? Inganda n’igice gitanga ibicuruzwa na serivisi mu bukungu. Urufatiro rw’ibanze rw’ikigo rwerekana inganda rugomba gushyirwa mubikorwa. Iyo ugereranije u Rwanda n’isi yose, urwego rw’inganda ruracyari kuzamuka. Kuba 90% by’abatuye u Rwanda bigizwe n’ubuhinzi mu cyaro kandi bikabura ibikoresho fatizo byagize ingaruka mu iterambere ry’inganda mu gihugu. Inganda z’u Rwanda zigizwe n’inzego […]