Niba ukunda kuryoherwa n’ ibiryo bitandukanye cyangwa ukaba ushonje kandi ukaba utazi ahantu heza wakura ibyo wifuza, ntuhangayike kuko hano hepfo hatoranijwe ama resitora atanga ubwoko bw’ibiryo bitandukanye bituruka ku mpande zose z’isi. Kigali ifite ibiryo byiza byinshi, kandi buri bwoko bw’ibiryo bifite umwihariko wabyo, uko bitegurwa, imitako, ariko ibi bishobora kukubera urujijo gato niba […]