Imideri! Ntiwavuga ku mideli utavuze kujyanisha amabara. Iyi niyo ngingo ya mbere umuntu agenderaho ashaka kwambara neza. Reka tuyisobanure neza. Gusobanukirwa uko amabara agendana Hari amabara atandukanye agera muri 12 wakwambara nk’umugabo. Hari avangwa hari n’andi atavangika urugero icyatsi n’umuhondo n’andi mabara yose agaragara cyane ku buryo uyavanze byaba bibaye byinshi. Hari amabara agenda akomoka […]
Imideri
Uko isi igenda itera imbere niko ubucurizi bwo ku mbuga za interineti nabwo butera imbere. Ibintu byinshi bisigaye bikorerwa Kuri interineti yaba ari ukugura cyangwa kugurisha ibikoresho by’ubwoko bwose. Abantu ntabwo bazigera barekera kugura kandi noneho kugurira kuri interineti bisigaye byoroshya ubucuruzi. Uko umunsi ushira abacururiza kuri interineti bariyongera. Ugasanga amakompanyi yakoreraga ubucuruzi ahantu hasanzwe […]