Abakobwa benshi bagira imihango hagati yínshuro 11-13 buri mwaka.Imihango akenshi iyo ari mu myaka ya mbere itangira itazira ku gihecyangwa ngo ihuze amatariki. Imisemburo igenzura imihango ishoboragutwara imyaka kugira ngo iringanize ibihe neza. Imihango kandi ishoborakugira iminsi idahuye mpaka ugiye muri menopause. Nanone abagoren’abakobwa benshi bagereze muri menopause bakunze kugira imihangoihuza cyangwa idahuza iminsi, hanyuma […]

Gukorera mu itsinda Instinzi y’itsinda n’ingenzi kurusha iy’umuntu umwe ku giti cye.  Nk’umuyobozi ugomba kumenya itandukaniro riri mu bagize itsinda ryawe yaba mubyo bakunda cyangwa mu buzima bwabo bwa buri munsi. Umuyobozi mwiza kandi agomba kuba afitanye umubano mwiza n’abo akoresha cyangwa se itsinda akuriye kugira ngo hazabeho ubwumvikane bwiza hagati yabo bombi(umuyobozi n’umukoresha).  Kubasha […]

Ese ujya ubura ibitotsi kubera ibitekerezo byinshi? Wenda waba uri gutekereza ibintu waciyemo kera, ukibaza uti ‘’Kuki?’’ Cyangwa se uti “Iyo mbimenya!” cyangwa ukibaza ku bihe bizaza. Iyo utekereza cyane igihe kirekire kandi bihoraho uba uri umuntu utekereza cyane. Kubera iki umuntu atekereza cyane? Umuntu ashobora gutekereza ku bintu bitandukanye. Ashobora gutekereza ibintu yaba barakoze […]