Ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo no gusubira inyuma ni urufunguzo rwo kugufasha kurushaho kwihangana kandi amaherezo ukabigeraho. Birashoboka ko tutavutse dufite ubwo bushobozi. None, umuntu yabukura he? Reka tubirebe. Uzabona inama z’ingirakamaro z’uburyo wakwifasha guhangana no gutsinda ingorane, wigira ku mitekerereze y’abatsinze. Dutangire dufata urugero, Maria Konikova washoboye gusobanura neza gusubira inyuma; akaba yarabonye ko isomo […]
Happy Agatako
Birashoboka ko wagize kimwe mu bihe mu gihe ukeneye gufunga imisatsi, ukayikura mu isura mu gihe ugaragara neza. Nanjye ni uko muvandimwe. Uzi icyo nkora? Nsubiza inyuma umusatsi, nkawuhambira hamwe n’agafungisho, nuko nkagenda, bitanga amahoro kandi nta misatsi igenda igujya mu maso,nibyo nkunda cyane mu bijyanye no gufunga imisatsi. Ushaka kumenya izindi mpamvu usibye kumva […]
Ingagi ni ibiremwa byihariye. Ni nini kandi zifite imbaraga nyinshi ariko nanone ziratuje kandi ziritonda bitangaje. Ingagi zirimo moko abiri; Ingagi z’iburasirazuba n’Ingagi z’iburengerazuba. Aya moko nayo agabanyijemo andi moko abiri abiri mato, bityo ziri mu moko mato mato ane ariyo Ingagi zo mu misozi migufi y’iburengerazuba, Ingagi zo mu misozi migufi y’iburasirazuba, Ingagi zo […]
Naje guhura n’abakozi dukorana bibwira ko basa neza batishyizeho ibirungo. Urakoze- Abantu bazwi barangije kubona ko kwimakiya bibaha gutegekwa kurenza urugero k’uruhu rwabo. Ibirungo bifasha mu kuzamura ibintu byose byiza byo mu maso kandi bigatuma hagaragara neza. Ibisubizo? -Ubu ntacyo bakora batisize ibirungo. Ni byiza, buriwese afite ibyo akunda k’uburyo ibirungo bigomba kumera n’uburyo igomba […]