U Rwanda ruzwi nk’igihugu cy’imisozi igihumbi. Ni kimwe mu bihugu bito muri Afurika. Iki gihugu giteye mu buryo butangaje cyane cyane ukirebeye mu mujyi mukuru Kigali. Ni igihugu cyubatse izina mu isuku n’umutekano. Ubwiza bwarwo bugaragarira cyane ku kiyaga cya Kivu gihuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’uruhererekane rw’imisozi irimo n’ibirunga bicumbikiye ibirangirire […]
Gusura u Rwanda
Ukeneye gutembera mu Rwanda? Ntushobora kumenya neza neza umubare w’amafaranga uzakenera gukoresha. Nyamara iyo uzi ibiciro b’ibyo uzakenera nk’icumbi, ibiciro by’ingendo n’ibiryo. Hano hari ibintu bike byagufasha gutegura neza uko bikwiye: Amacumbi Mbere yo gusura, ugomba kubanza gushakisha aho uzacumbika hajyanye neza na bije yawe kuko aricyo kintu gihenze cyane mu bindi. Iyo uhisemo aho […]
Ingagi ni ibiremwa byihariye. Ni nini kandi zifite imbaraga nyinshi ariko nanone ziratuje kandi ziritonda bitangaje. Ingagi zirimo moko abiri; Ingagi z’iburasirazuba n’Ingagi z’iburengerazuba. Aya moko nayo agabanyijemo andi moko abiri abiri mato, bityo ziri mu moko mato mato ane ariyo Ingagi zo mu misozi migufi y’iburengerazuba, Ingagi zo mu misozi migufi y’iburasirazuba, Ingagi zo […]