Niba uri umwe mu bifuza gusura u Rwanda ukaba wifuza kumenya uko ikirere cyifashe, iyi nyandiko ni wowe yagenewe. U Rwanda ni igihugu kiri mu mutima w’Afurika gihana imbibi n’ibihugu bya Tanzania, UBurundi, na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. U Rwanda ni igihugu gito, gifite ubuso bwa kilometer kare 26,338km² n’abaturage bagera kuri milioni 12 […]
Kugura umutungo utimukanwa ari bwo bwa mbere bishobora kugorana. Ibintu byiza birahari ahantu hose ni wowe ugomba guhitamo igikwiye gihuye n’ibyo ukeneye. Mu Rwanda hari ubwoko butandukanye bw’imitungo: Inzu yo kubamo Amasambu Ubutaka Inzu zibamo abantu benshi Inzu z’ubucuruzi Hariho inzira ebyiri ushobora kubonamo inzu yo kugura cyangwa gukodeshwa. Iya mbere ni ukwiyambaza ikigo cy’abaranga […]