Imyambarire rwose n’ igice kinini cy’ubuzima bw’umuntu uwo ari we wese, muby’ukuri  imyenda ifatwa nk’ikintu cy’ibanze mu mibereho ya buri munsi bivuze ko ari ikintu cy’ibanze gikenewe ku bantu bose. Abanyarwanda ntaho batandukaniye n’abandi mu myambarire kandi muby’ukuri, uko imyaka yagiye ihita indi igataha niko kandi bashishikajwe no kuba bakwambara neza. Ndetse nubwo imyenda ya […]

Indwara ya autisme ni iki? Umwana wese akura cyangwa akurira ahantu hatandukanye ariko bose batangira gukora ubuhanga bwihariye mu gihe kimwe. Ubuhanga nk’indimi, kugenda, kwiruka n’ibindi. Abana bamwe bafite ingorane zo kubikora bityo bikarangira bitandukanije n’abantu. Iki ni kimwe mu bimenyetso byinshi by’indwara ya  autisme. Indwara ya Autisme (ASD) ni ubumuga bugizwe no kugira ibibazo […]

Hariho ubwoko butandukanye bw’imisatsi myiza kandi ikunzwe mu Rwanda. Hariho uburyo bwinshi butandukanye bwo gutunga umusats,i harimo: gusuka ibisuko binyuranye,amaderedi, harimo gusokoza ukarambura imisatsi, gushyiramo ibigudi, nibindi binyuranye, buri wese ashyirahoibyonyumva bimworoheye kandi akunda.Ese urifuza gushyiraho ibintu bishya kandi bigezweho? Dore urutonde rw’imisatsi inyurnye: Ibisuko Ibisuko ni uguhuza ibice bibiri cyangwa byinshi by’imisatsi. Rimwe na […]

Ukeneye gutembera mu Rwanda? Ntushobora kumenya neza neza umubare w’amafaranga uzakenera gukoresha. Nyamara iyo uzi ibiciro b’ibyo uzakenera nk’icumbi, ibiciro by’ingendo n’ibiryo. Hano hari ibintu bike byagufasha gutegura neza uko bikwiye: Amacumbi Mbere yo gusura, ugomba kubanza gushakisha aho uzacumbika hajyanye neza na bije yawe kuko aricyo kintu gihenze cyane mu bindi. Iyo uhisemo aho […]

Mu Rwanda harimo udukoko duto, muri two harimo udukarishye turyana ndetse  n’utundi tutaryana. Imibu Imibu ni udukoko cyangwa isazi zibaho kandi zigatera amagi hejuru y’amazi. Ntibishobora kubana n’ amafi, isazi y’ikiyoka n’ibindi, ahubwo bikunda kuba mu bishanga n’ibidendezi. Biba kandi mu byatsi birebire, indabo, amapine ashaje cyangwa inyubako zatawe.Bifite amababa abiri, bifite amaguru maremare, icyakora […]

Umubiri wawe ufite ibinure byinshi? Inda yawe iragutera kumva utambara ngo uberwe?  Ntugire impungenge kuko ngiye kukugezaho uburyo bwo kugabanya ibinure by’umubiri mu kwezi kumwe gusa. Kwiyiriza ubusa rimwe na rimwe Kwiyiriza ubusa ni igihe umuntu yiyima ibyo kurya byose mu gihe runaka. Bikunze gukoreshwa mu bikorwa by’idini muri islamu, abakirisitu n’ababuda. Kwiyiriza ubusa rimwe […]