Nzi neza ko, wabwiwe ngo “ukeneye vitamine”, “fata vitamine” cyangwa “kurya imboga zirimo vitamine”. Ariko se mu by’ukuri uzi icyo arizo cyangwa icyo zimara? Birashoboka ko atari byo. Byiza soma kandi wige inyungu zidasanzwe vitamine zitugirira n’impamvu tuzikeneye mu kubungabunga umubiri muzima, uruhu, amenyo, amagufwa n’ibindi. Vitamine zishonga mu mazi Izi ni vitamine zishonga mu […]
Joha Ismail
Niba ukunda kuryoherwa n’ ibiryo bitandukanye cyangwa ukaba ushonje kandi ukaba utazi ahantu heza wakura ibyo wifuza, ntuhangayike kuko hano hepfo hatoranijwe ama resitora atanga ubwoko bw’ibiryo bitandukanye bituruka ku mpande zose z’isi. Kigali ifite ibiryo byiza byinshi, kandi buri bwoko bw’ibiryo bifite umwihariko wabyo, uko bitegurwa, imitako, ariko ibi bishobora kukubera urujijo gato niba […]
U Rwanda ruzwi nk’igihugu cy’imisozi igihumbi. Ni kimwe mu bihugu bito muri Afurika. Iki gihugu giteye mu buryo butangaje cyane cyane ukirebeye mu mujyi mukuru Kigali. Ni igihugu cyubatse izina mu isuku n’umutekano. Ubwiza bwarwo bugaragarira cyane ku kiyaga cya Kivu gihuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’uruhererekane rw’imisozi irimo n’ibirunga bicumbikiye ibirangirire […]
Waba uri mu Rwanda ushaka terefone? Ushobora kwitiranya aho wagura cyangwa ukibaza icyakubera cyiza. Hariho ubwoko bwinshi bwa terefone mu Rwanda. Abantu bagura terefone bakurikije ibyo bakunda, birashoboka ko yaba terefone ihendutse kuri wowe, izwi cyane mu bantu, ifata amashusho meza,… buriwese afite impamvu zituma ahitamo terefone runaka ntayindi. Kugira terefone yawe bwite byabaye ikintu […]
Ibikoresho byo mu ngo ni byiza. Ibikoresho byo mu ngo bishobora guhita biguha ihumure ukimara kwinjira mu nzu, bishobora kandi guhindura isura y’ahantu cyane bituma kandi inzu itagaragara nkirimo ubusa. Ntabwo byoroshye kubona ibikoresho nyabyo ushaka cyangwa amabara ukeneye guhuza. Amakuru yose jyanye na byo ni aya akurikira Uburyo bwo guhitamo ibikoresho Mu gihe uhitamo […]
Imyambarire rwose n’ igice kinini cy’ubuzima bw’umuntu uwo ari we wese, muby’ukuri imyenda ifatwa nk’ikintu cy’ibanze mu mibereho ya buri munsi bivuze ko ari ikintu cy’ibanze gikenewe ku bantu bose. Abanyarwanda ntaho batandukaniye n’abandi mu myambarire kandi muby’ukuri, uko imyaka yagiye ihita indi igataha niko kandi bashishikajwe no kuba bakwambara neza. Ndetse nubwo imyenda ya […]