Kumva ngo amata y’icyinzari ntabwo ari amata y’icyinzari koko ahubwo ni amata aba avanze n’icyinzari bakora. Amata y’icyinzari n’indyo yabahinde gakondo, iba ikozwe mu mata n’icyinzari,tangawizi, sinamomu n’ibindi birungo wakwifuza. Mu cyinzari higanjemo curcumin kandi ituma icyinzari kigira akamaro, harimo kurinda kocyera kandi ikaba na antioxydant.  Amata y’icyinzari afite imimaro myinshi. Komeza usome kugira ngo […]

Amakaro yanduye atera umujinya, ndetse atuma wumva nta kindi kintu wabasha gukora utarayasukura nubwo bamwe muri twe tubona gukora isuku nk’ibivunanye. Niba ushaka ko amakaro yawe asa neza ugomba kuyagirira isuku kandi ukayasukura buri uko bikenewe cyane cyane iyo ukimenaho ikintu kiyanduza. Hari naho usanga hari imyanda igorana kuvaho biturutse ku bintu byinshi nka wino.  […]

Ugiye kuvuga ibyiza by’igikakarubamba ntiwabivamo kuko ni byinshi pe. Mu byo twavuga harimo ko gifasha kuvura umubiri, kongera ubudahangarwa, kumisha ibisebe, gutuma imisatsti ikura neza ndetse n’ibindi byinshi turi bugende tubona. Igikakarubamba kirimo ibinyabutabire byinshi.  Dore imwe mu mimaro y’igikakarubamba; Gifasha uruhu rwo ku mutwe Nubwo nta ubushakashatsi buhagije bwabikozweho, igikakarubamba gifasha umubiri kutocyera, kirinda […]

Vitamin n’imyunyungugu  Moringa yiganjemo phytochemicals, ibi rero bikaba bituma moringa igira intungamubiri. Moringa itanga vitamin C ikubye inshuro zirindwi iziba muma ronji, inshuro 25 feri iba muri epinari, n’inshuro 17 urugero rwa calicium  ibamo. Moringa itanga proteyine zikubye inshuro 9 iziba mu mata, n’inshuro 10 vitamin ya carroti, ikiyongereyeho ko irusha potasiyumu iba mu mineke […]

Teinture ituma umuntu asa neza. Byongeye kandi, ntawutashaka guhindura uko asa rimwe na rimwe. Teinture ishobora gutuma uba undi muntu mushya, nubwo gushyira teinture mu mutwe bishobora kwangiza umusatsi  kubera ko teinture iba irimo imiti ishobora kwangiza ikanakamura ububobere bw’umusatsi. Ariko ntuhangayike hari ibintu byinshi ushobora gukora kugira ngo wite ku musatsi wawe. Soma ibi […]

Buri muntu afite umwihariko we. Hari abantu mushobora guhuza uburyo mwambara, uburyo muvuga se, ariko nti mushobora guhuza ibyo mwanyuzemo, imitekerereze n’uburyo ukora ibintu. Muri make buri muntu arihariye! Twese abantu turemye mu buryo bumwe. Akenshi usanga hari imico duhuje ndetse hari n’ibintu dukora kimwe. Nonese wakora iki ngo ube umuntu wihariye? Komeza usome kugira […]