Ijambo umuvuduko wa interineti risobanura umuvuduko w’ihuzanzira n’ubwiza bw’ibikoresho byahujwe kuri interineti. Nonese ni gute wapima umuvuduko wa interineti yawe? Bikorwa n’amagerageza atandukanye kandi akurikirana asesengura ibice bitandukanye bya interineti yawe, nko kureba umuvuduko wo kumanura (Download) cyangwa gushyira ibintu ku mbuga (Upload). Gukora aya magerageza ni ingenzi kuko bishobora kugufasha kumenya uko wakemura ibibazo […]
Utuntu n'utundi
Ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo no gusubira inyuma ni urufunguzo rwo kugufasha kurushaho kwihangana kandi amaherezo ukabigeraho. Birashoboka ko tutavutse dufite ubwo bushobozi. None, umuntu yabukura he? Reka tubirebe. Uzabona inama z’ingirakamaro z’uburyo wakwifasha guhangana no gutsinda ingorane, wigira ku mitekerereze y’abatsinze. Dutangire dufata urugero, Maria Konikova washoboye gusobanura neza gusubira inyuma; akaba yarabonye ko isomo […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) risobanura umubyibuho ukabije nko kwibumbira hamwe kw’ibinure, bikaba byangiza ubuzima bw’abantu. Bivugwa ko umuntu afiite umubyibuho ukabije iyo igenamiterere ry’umubiri we (BMI) ringana na 30 cyangwa rirenga. Umubyibuho ukabije ni kimwe mu bintu nyamukuru bitera indwara zidakira nka diyabete, indwara z’umutima na kanseri. Ibigo byinshi byagiye byamamaza ibicuruzwa […]
Ntabwo twese duhangayika rimwe na rimwe? Guhangayika ni igice gisanzwe mu buzima bwacu bwa buri munsi kandi benshi bafite uburyo bwabo bwo guhangana n’ihungabana. Bimwe muri byo harimo nko gutaka, gukubita inkuta, gukubita abantu cyangwa kurwana gusa. Ariko, ubu ntabwo aribwo buryo bwiza bwo guhangana nibi, guhangayika ni amayeri ubwenge bwawe burimo kugukinisha mbere yuko […]
Ese ujya ushariza bateri ya telefoni yawe buri joro mbere yo kuryama ariko bwacya ntubashe kumara umunsi wose uyikoresha? Ese bijya bigusaba gufunga zimwe muri apulikasiyo z’ingenzi kubera bateri itangiye gushiramo umuriro? Tugiye kukubwira ibintu by’ingenzi wakora kugira ngo bateri yawe ijye irambana umuriro- Ibuka ko uburyo bwashyizwe muri telephone bwo kuzigama umuriro bwonyine ntacyo […]
Wanyuze mu nzira nyinshi harimo gutwita, kubyara. Ugera murugo uvuye mubitaro, hamwe n’ibyishimo byawe bya mberehamwe n’umutima n’umutima unezerewe uti: Sinzi ibyo ndimo, ubu nkore iki? Ni ubwa mbere ubaye umubyeyi, nzi ko ufite ubwoba ariko ntugire ikibazo. Ngiye gutangira n’uburyo bwo gufata umwana wawe wavutse. Impinja zavutse vuba ziroroshye cyane rero dore intambwe nke […]