Vitamin n’imyunyungugu Moringa yiganjemo phytochemicals, ibi rero bikaba bituma moringa igira intungamubiri. Moringa itanga vitamin C ikubye inshuro zirindwi iziba muma ronji, inshuro 25 feri iba muri epinari, n’inshuro 17 urugero rwa calicium ibamo. Moringa itanga proteyine zikubye inshuro 9 iziba mu mata, n’inshuro 10 vitamin ya carroti, ikiyongereyeho ko irusha potasiyumu iba mu mineke […]
Utuntu n'utundi
Teinture ituma umuntu asa neza. Byongeye kandi, ntawutashaka guhindura uko asa rimwe na rimwe. Teinture ishobora gutuma uba undi muntu mushya, nubwo gushyira teinture mu mutwe bishobora kwangiza umusatsi kubera ko teinture iba irimo imiti ishobora kwangiza ikanakamura ububobere bw’umusatsi. Ariko ntuhangayike hari ibintu byinshi ushobora gukora kugira ngo wite ku musatsi wawe. Soma ibi […]
Gutwikwa n’izuba ku mubiri bibaho iyo umubiri wawe wagiye ku izuba ugakubitwa n’imirasire y’izuba yangiza yitwa Ultraviolet Radiation. Ibi bishobora guturuka ku zuba ryo ubwaryo cyangwa amatara y’izuba. Gukomeza kuguma kw’izuba ugakubitwa n’imirasire y’izuba bishobora gutera indwara zirimo kanseri,impinkanyari ndetse nuduheri twirabura. Abantu benshi batwikwa n’izuba iyo batirinze iyo mirasire y’izuba. Gusa aho ikibazo kiri […]
Indwara yo kwibagirwa(Alzheimer), n’indwara itera ubwonko ikabwangiza igatera ibindi bibazo by’ubwonko. N’indwara y’ubwonko ituma ubwonko budatekereza neza. Akenshi iyi ndawara ikunda gutera abantu babgeze mu myaka 60 kuzamura. Iyo ufite umuvandimwe warwaye iyi ndwara, haba hari amahirwe menshi y’uko nawe wazayirwara. Dore bimwe mu bimenyetso by’iyi ndwara Kwibagirwa Kwibagirwa nicyo kimenyetso cya mbere cy’iyi ndwara. […]
Iminwa ikeye, ni ukuvuga ijya gusa iroza ni kimwe mu bice gikurura abantu cyane ku mugore. Si ku bagore gusa kandi, no ku bagabo ni uko. Niyo mpamvu abantu benshi bashakisha uburyo butandukanye bwo gukesha iminwa yabo. Hari ibintu byinshi bishobora kugufasha kugabanya kwirabura kw’iminwa yawe. Impamvu zituma iminwa yawe yirabura, harimo imisemburo itaringaniye, kunywa […]
Gukesha uruhu? huh? Bamwe muri mwe bashobora kuvuga bati ‘yegoo! ibi ndabikeneye rwose.’ Abandi bo bashobora kuvuga bati ‘umm, kuki nahindura uruhu rwanjye?’ Inzozi za buri mukobwa wese ni ukugira uruhu rwiza kandi rukeye. Oya nako, inzozi za buri muntu wese ni ukugira uruhu ruzira inenge. Abagobo ndetse n’abagore, bose bifuza kugira uruhu runoze. Kuki […]