Utuntu n'utundi

Noneho, urashaka guhinga? – Ariko igitekerezo cyo gukoresha ingemwe ni inzira ndende, akazi kenshi kandi gahenze. Tekereza icyo ushobora gukoresha? Ushobora rwose gukoresha imbuto, gutera imbuto ntabwo bigoye nkuko wabitekereza. Kugira ngo imbuto zimera neza, zikenera ubushyuhe, amazi na ogisijeni. Uhereye ku mbuto ushobora gukuza indabyo, imbuto, imboga n’ibindi muri izi ntambwe zoroshye. Hitamo aho […]

Noneho wabonye ikibwana gishya? Noneho iki? Birashoboka ko ukunda kandi ugakundwakaza imbwa yawe ariko gutontoma kwayo, kuryana no kwitwara nabi birashaka kugusaza? Ntukababare, hari ubundi buryo bwinshi ushobora gutoza imbwa yawe murugo: Mbere na mbere, mbere yo gukora cyangwa kugira icyo uvuga, gerageza kumva impamvu imbwa ikora ibi, mu bitekerezo byayo. Ntutontomere icyibwana cyawe Oya […]

Gukuza ubwanwa bishobora guhindura ubuzima bwawe. Ibyo ni ukuri Usibye kugaragara neza gusa ahubwo biguha n’ikizere. Ikibazo ni ikihe – bifata igihe kingana iki kugirango bukure cyangwa bisaba iki? Ikibazo waba wibaza cyose, icyo nzi cyo ni uko ushaka gukuza ubwanwa. Sibyo? Ushaka ubwanwa bwuzuye buhuza impande zose. Ushobora gutekereza ko gukuza ubwanwa byoroshye nko […]

Guteka imigati  bimaze imyaka mirongo. Kugeza uyu munsi imigati irakunzwe kubera uburyohe buhebuje igira. Mbere yuko itanura ry’amashanyarazi rivumburwa, abantu bakoraga imigati. Babigenzaga bate? Reka dusubire muri cyo gihe twige uko babikoraga. Niba urimo usoma ibi, birashoboka ko ushaka guteka umugati ariko ukaba udafite ifuru. Ndabizi, ni birababaz! Ntuhangayike ariko, ngiye kukwereka inzira yoroshye yo […]

Nzi neza ko, wabwiwe ngo “ukeneye vitamine”, “fata vitamine” cyangwa “kurya imboga zirimo vitamine”. Ariko se mu by’ukuri uzi icyo arizo cyangwa icyo zimara? Birashoboka ko atari byo. Byiza soma kandi wige inyungu zidasanzwe vitamine zitugirira n’impamvu tuzikeneye mu kubungabunga umubiri muzima, uruhu, amenyo, amagufwa n’ibindi. Vitamine zishonga mu mazi Izi ni vitamine zishonga mu […]

Mu Rwanda harimo udukoko duto, muri two harimo udukarishye turyana ndetse  n’utundi tutaryana. Imibu Imibu ni udukoko cyangwa isazi zibaho kandi zigatera amagi hejuru y’amazi. Ntibishobora kubana n’ amafi, isazi y’ikiyoka n’ibindi, ahubwo bikunda kuba mu bishanga n’ibidendezi. Biba kandi mu byatsi birebire, indabo, amapine ashaje cyangwa inyubako zatawe.Bifite amababa abiri, bifite amaguru maremare, icyakora […]