Guteka imigati bimaze imyaka mirongo. Kugeza uyu munsi imigati irakunzwe kubera uburyohe buhebuje igira. Mbere yuko itanura ry’amashanyarazi rivumburwa, abantu bakoraga imigati. Babigenzaga bate? Reka dusubire muri cyo gihe twige uko babikoraga. Niba urimo usoma ibi, birashoboka ko ushaka guteka umugati ariko ukaba udafite ifuru. Ndabizi, ni birababaz! Ntuhangayike ariko, ngiye kukwereka inzira yoroshye yo […]
Nzi neza ko, wabwiwe ngo “ukeneye vitamine”, “fata vitamine” cyangwa “kurya imboga zirimo vitamine”. Ariko se mu by’ukuri uzi icyo arizo cyangwa icyo zimara? Birashoboka ko atari byo. Byiza soma kandi wige inyungu zidasanzwe vitamine zitugirira n’impamvu tuzikeneye mu kubungabunga umubiri muzima, uruhu, amenyo, amagufwa n’ibindi. Vitamine zishonga mu mazi Izi ni vitamine zishonga mu […]
Niba ukunda kuryoherwa n’ ibiryo bitandukanye cyangwa ukaba ushonje kandi ukaba utazi ahantu heza wakura ibyo wifuza, ntuhangayike kuko hano hepfo hatoranijwe ama resitora atanga ubwoko bw’ibiryo bitandukanye bituruka ku mpande zose z’isi. Kigali ifite ibiryo byiza byinshi, kandi buri bwoko bw’ibiryo bifite umwihariko wabyo, uko bitegurwa, imitako, ariko ibi bishobora kukubera urujijo gato niba […]
U Rwanda ruzwi nk’igihugu cy’imisozi igihumbi. Ni kimwe mu bihugu bito muri Afurika. Iki gihugu giteye mu buryo butangaje cyane cyane ukirebeye mu mujyi mukuru Kigali. Ni igihugu cyubatse izina mu isuku n’umutekano. Ubwiza bwarwo bugaragarira cyane ku kiyaga cya Kivu gihuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’uruhererekane rw’imisozi irimo n’ibirunga bicumbikiye ibirangirire […]
Waba uri mu Rwanda ushaka terefone? Ushobora kwitiranya aho wagura cyangwa ukibaza icyakubera cyiza. Hariho ubwoko bwinshi bwa terefone mu Rwanda. Abantu bagura terefone bakurikije ibyo bakunda, birashoboka ko yaba terefone ihendutse kuri wowe, izwi cyane mu bantu, ifata amashusho meza,… buriwese afite impamvu zituma ahitamo terefone runaka ntayindi. Kugira terefone yawe bwite byabaye ikintu […]
Ibikoresho byo mu ngo ni byiza. Ibikoresho byo mu ngo bishobora guhita biguha ihumure ukimara kwinjira mu nzu, bishobora kandi guhindura isura y’ahantu cyane bituma kandi inzu itagaragara nkirimo ubusa. Ntabwo byoroshye kubona ibikoresho nyabyo ushaka cyangwa amabara ukeneye guhuza. Amakuru yose jyanye na byo ni aya akurikira Uburyo bwo guhitamo ibikoresho Mu gihe uhitamo […]