Ingingo ya vuba
Niba uri umwe mu bifuza gusura u Rwanda ukaba wifuza kumenya uko ikirere cyifashe, iyi nyandiko ni wowe yagenewe. U Rwanda ni igihugu kiri mu mutima w’Afurika gihana imbibi n’ibihugu bya Tanzania, UBurundi, na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. U Rwanda ni igihugu gito, gifite ubuso bwa kilometer kare 26,338km² n’abaturage bagera kuri milioni 12 […]
Kugura umutungo utimukanwa ari bwo bwa mbere bishobora kugorana. Ibintu byiza birahari ahantu hose ni wowe ugomba guhitamo igikwiye gihuye n’ibyo ukeneye. Mu Rwanda hari ubwoko butandukanye bw’imitungo: Inzu yo kubamo Amasambu Ubutaka Inzu zibamo abantu benshi Inzu z’ubucuruzi Hariho inzira ebyiri ushobora kubonamo inzu yo kugura cyangwa gukodeshwa. Iya mbere ni ukwiyambaza ikigo cy’abaranga […]
Ibisabwa kwinjira mu Rwanda: Urupapuro rw’inzira (Pasiporo): Pasiporo y’abashyitsi bose igomba kuba ifite byibuze amezi atandatu kandi byibura hasigaye urupapuro rumwe rutanditseho. Viza: Shaka viza isabwa. Ikarita yo gukingira umuriro w’umuhondo isabwa n’umuryango shinzwe ubuzima ku isi (OMS) niba ugenda uturutse muri ibi bihugu; Angola, Arijantine, Bénin, Boliviya, Burezili, Burkina Faso, u Burundi, Kameruni, Repubulika […]
Birashoboka ko wagize kimwe mu bihe mu gihe ukeneye gufunga imisatsi, ukayikura mu isura mu gihe ugaragara neza. Nanjye ni uko muvandimwe. Uzi icyo nkora? Nsubiza inyuma umusatsi, nkawuhambira hamwe n’agafungisho, nuko nkagenda, bitanga amahoro kandi nta misatsi igenda igujya mu maso,nibyo nkunda cyane mu bijyanye no gufunga imisatsi. Ushaka kumenya izindi mpamvu usibye kumva […]
Ingagi ni ibiremwa byihariye. Ni nini kandi zifite imbaraga nyinshi ariko nanone ziratuje kandi ziritonda bitangaje. Ingagi zirimo moko abiri; Ingagi z’iburasirazuba n’Ingagi z’iburengerazuba. Aya moko nayo agabanyijemo andi moko abiri abiri mato, bityo ziri mu moko mato mato ane ariyo Ingagi zo mu misozi migufi y’iburengerazuba, Ingagi zo mu misozi migufi y’iburasirazuba, Ingagi zo […]
Naje guhura n’abakozi dukorana bibwira ko basa neza batishyizeho ibirungo. Urakoze- Abantu bazwi barangije kubona ko kwimakiya bibaha gutegekwa kurenza urugero k’uruhu rwabo. Ibirungo bifasha mu kuzamura ibintu byose byiza byo mu maso kandi bigatuma hagaragara neza. Ibisubizo? -Ubu ntacyo bakora batisize ibirungo. Ni byiza, buriwese afite ibyo akunda k’uburyo ibirungo bigomba kumera n’uburyo igomba […]