Ingingo ya vuba

Mu byukuri, ubuki buratangaje, ntago ari ukuribwa gusa cyangwa kubuhorana mu gikoni. Ubuki burinda kandi bukavura indwara zitandukanye z’umubiri wacu, kandi bufite intungamubiri nyinshi bityo bigatuma umubiri ugira ubudahangarwa. Ubuki bufite ubundi buryo bwinshi bukoreshwa mu kongera  ubwiza bw’umuntu. Ubuki bukorwa n’Inzuki zifashishije indabo hanyuma zikabikorera mu mitiba yazo. Burimo 70 – 80% by’isukari niho […]

Niba ujya wibaza uko wabona akazi mu Rwanda, ariko ukaba utazi uko wabigenza, tugufitiye inkuru nziza. Ubu kubona akazi mu Rwanda byaroroshye! Ubu wabona akazi mu Rwanda mu buryo bworoshye ukanabona imyanya itandukanye yashyizwe ku isoko na kompanyi zitandukanye. Ubukungu bw’u Rwanda bwagiye bwiyongera guhera mu myaka ya za 2000, binazamura imibereho y’abaturarwanda. Kuko u […]

Itandukaniro hagati y’umwirondoro N’incamake Mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi umwirondoro (CV) n’incamake ni bimwe usibye muri Amerika. Muri reta zunze ubumwe za Amerika zishobora kuba ndende nkuko ubishaka, nta kibazo, bishobora kuba urupapuro rumwe cyangwa ebyiri .Ntugomba guhangayikishwa nibyo  kuko mu Rwanda naho birasa kandi ntacyo bitwaye. Ikiza cya’umwirondoro wakozwe neza, umuyobozi ushinzwe […]

Urashaka kwinjiza imodoka cyangwa ibinyabiziga mu Rwanda arikop kandi uribaza aho wahera ? Urashaka kumenya inzira yo gutumiza imodoka? Uribaza uburyo ibinyabiziga bifite aho bihuriye n’ababitumiza muri gasutamo y’ u Rwanda? Ibisobanuro birambuye kubyerekeye gutumiza ibinyabiziga n’ibya  gasutamo mu Rwanda ni ibi bikurikira;  Imodoka zitumizwa mu mahanga zizanwa mu Rwanda zigomba kunyura ku cyambu cya […]

Ni izihe nganda z’ingenzi? Inganda n’igice gitanga ibicuruzwa na serivisi mu bukungu. Urufatiro rw’ibanze rw’ikigo rwerekana inganda rugomba gushyirwa mubikorwa. Iyo ugereranije u Rwanda n’isi yose, urwego rw’inganda ruracyari kuzamuka. Kuba 90% by’abatuye u Rwanda bigizwe n’ubuhinzi mu cyaro kandi bikabura ibikoresho fatizo byagize ingaruka mu iterambere ry’inganda mu gihugu. Inganda z’u Rwanda zigizwe n’inzego […]