Ingingo ya vuba
Gutwikwa n’izuba ku mubiri bibaho iyo umubiri wawe wagiye ku izuba ugakubitwa n’imirasire y’izuba yangiza yitwa Ultraviolet Radiation. Ibi bishobora guturuka ku zuba ryo ubwaryo cyangwa amatara y’izuba. Gukomeza kuguma kw’izuba ugakubitwa n’imirasire y’izuba bishobora gutera indwara zirimo kanseri,impinkanyari ndetse nuduheri twirabura. Abantu benshi batwikwa n’izuba iyo batirinze iyo mirasire y’izuba. Gusa aho ikibazo kiri […]
Hari abagore benshi bafite icyo bigejejeho mu bintu bitandukanye, nubwo biba bitoroshye. Nonese ni ibihe bintu byibanze bisabwa kugira umugore abe yagira aho yigeza mu buzima? Nibyo tugiye kugarikaho muri iyi nyandiko. Guhora ushaka uko wakunguka ubumenyi Ikintu cya mbere cy’ibanze kugira ngo umugore abe yagira icyo yigezaho ni ubumenyi. Ibi ntabwo bivuze gukomeza amashuri […]
Indwara yo kwibagirwa(Alzheimer), n’indwara itera ubwonko ikabwangiza igatera ibindi bibazo by’ubwonko. N’indwara y’ubwonko ituma ubwonko budatekereza neza. Akenshi iyi ndawara ikunda gutera abantu babgeze mu myaka 60 kuzamura. Iyo ufite umuvandimwe warwaye iyi ndwara, haba hari amahirwe menshi y’uko nawe wazayirwara. Dore bimwe mu bimenyetso by’iyi ndwara Kwibagirwa Kwibagirwa nicyo kimenyetso cya mbere cy’iyi ndwara. […]
Uko isi igenda itera imbere niko ubucurizi bwo ku mbuga za interineti nabwo butera imbere. Ibintu byinshi bisigaye bikorerwa Kuri interineti yaba ari ukugura cyangwa kugurisha ibikoresho by’ubwoko bwose. Abantu ntabwo bazigera barekera kugura kandi noneho kugurira kuri interineti bisigaye byoroshya ubucuruzi. Uko umunsi ushira abacururiza kuri interineti bariyongera. Ugasanga amakompanyi yakoreraga ubucuruzi ahantu hasanzwe […]
Iyo abantu batekereje ibyatsi biribwa bahita bibwbira ko ari bya bindi birura by’ubuvuzi, ariko mu byukuri ibyatsi biribwa bishobora kuba ibintu byinshi by’ingirakamaro mu buzima cyane cyane mu guteka. Ibi byatsi rero birimo; sereri, timu(thyme),perisile,tangawizi, icyinzari, romari, tungurusumu, ndetse nibindi byinshi. Ibi byatsi sibyo kuryoshya ibiryo gusa hubwo bifite n’indi mimaro y’ingenzi ku mubiri wacu. […]
Ibiciro bya lisansi bikomeje kwiyongera hirya no hino ku isi ndetse no mu Rwanda, ku buryo buhangayikishije abatwara ibinyabiziga bitandukanye. Waba wifuza kumenya uko wagabanya amafaranga uta kuri lisansi? – Komeza usome. Bimwe mu bintu bituma imodoka yawe inywa cyane hakubiyemo; ubwoko bw’imodoka yawe, uburyo uyitwaramo, ubushyuhe buriho, n’ ingendo ukoresha imodoka yawe. Dore uburyo […]